Umwitozo wa 7
Amategeko abanza
|
20 Ibibazo
Igihe gisigaye
1
2
3
4
5
6
7
8
9
10
11
12
13
14
15
16
17
18
19
20
Muri 1
1/20
Ubugari bwa Romoruki ikururwa n’ipikipiki idafite akanyabiziga kometse ku ruhande ntiburenga:
A
m 1 na cm 15
B
m 1 na cm 25
C
cm 75
D
m na cm 20
Muri 1
2/20
Iki cyapa kimenyesha abagenzi ibi bikurikira :.
A
Umuhanda ujyendwamo mu byerekezo byombi
B
Gutambuka mbere y’ibinyabiza biturutse imbere
C
Gutambuka mbere kw’ibinyabiziga biturutse iyo ujya
D
Gutambuka mbere y’ibinyabiziga bitwaye ibicuruzwa
Muri 1
3/20
Umuyobozi w’ikinyabiziga cyangwa uw’ikinyamitende3 cyangwa uw’ikinyamitende 4 bifite moteri agomba kugira aho yicara hafite ubugari butari munsi ya :
A
cm 40
B
cm 50
C
cm 55
D
Ibi bisubizo byose nibyiza
Muri 1
4/20
Nta na rimwe abanyamaguru bashobora gutinda mu muhanda cyangwa kuhahagarara cyeretse :
A
Bambukiranya umuhanda mu nzira y’abanyamaguru
B
Hari impamvu nyakuri ibibateye
C
Iyo bagize itsinda ry’abantu benshi
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
5/20
Munsisiro ibyapa biburira bishingwa ku ntera kuva kuri :
A
m150 kugeza kuri m 200
B
m 100 kugeza kuri m 150
C
mu masangano
D
Iruhande neza rw’ahantu habi
Muri 1
6/20
Umuyobozi uvuye mu nzira nyabagendwa ifite ibyerekezo bibiri akaba ashaka kwinjira mu yindi ifite icyerekezo kimwe agomba :
A
gucana amatara magufi
B
kureka ibinyabiziga bigendamo bigatambuka
C
a na b ni byo bisubizo by'ukuri
D
nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Muri 1
7/20
Uretse igihe hari amategeko yihariye yerekanwa n'ibimenyetso, utuyira turi ku mpande z'umuhanda n'inkengero zigiye hejuru bihariwe:
A
abanyamagare
B
Abanyamaguru
C
ingorofani
D
a na b ni byo bisubizo by'ukuri
Muri 1
8/20
Hanze y'insisiro umuvuduko ntaregwa w'ibinyabiziga bifite uburemere nta rengwa bwa kg 12500 ni
A
Km 40/h
B
Km 60/h
C
Km 50/h
D
Km 80/h
Muri 1
9/20
Icyapa kibuza gihagarara umwanya munini bibisikana n’icy’ibuza guhagarara umwanya muto no guhagarara umwanya munini bibisikana bigomba gushyirwa kuri buri ruhande rw’inzira bigenewe, ntanariwe intera iri hagati y’ibyapa bibiri byavuzwe ishobora kurenga :
A
m20
B
m150
C
m100
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
10/20
Kunyura ku kinyabiziga kindi uretse icyibiziga bibiri birabujijwe aha hakurikira :
A
Ku muhanda w’icyerekezo kimwe
B
Mu mihanda mito
C
Hafi y’aho abanyamaguru banyura
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
11/20
lyo ikinyabiziga gihagaze ku nzira nyabagendwa umuyobozi wacyo adahari umukozi ubifitiye ububasha ashobora kugikuzaho ariko ibyacyangirikaho n'amafaranga yo kugikuzaho ntibibarwa kuri leta mu gihe :
A
cyahashyizwe n'umuyobozi udafite uruhushya rwo kugitwara
B
cyahashyizwe bitanyuranije n'amategeko yo guhagarara akanya gato cyangwa kanini
C
a na b ni ibisubizo by'ukuri
D
nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Muri 1
12/20
Iyo mu itara harimo ishusho y’umunyamaguru imuritswe cyangwa y’igare ibyo bireba gusa :
A
Abanyamaguru
B
Ibinyabiziga ndakumirwa
C
Abayobozi b’amagare n’aba velomoteri y’imitende ibiri
D
A na C ni ibisubizo by’ukuri
Muri 1
13/20
Iyo igenda mu nzira nyabagendwa imikumbi igomba kugabanywamo udutsiko kuri ubu buryo.
A
Udutsiko tugizwe n’inyamaswa zitarenze icumi dutandukanijwe ni n’intera ya m30
B
Udutsiko tugizwe n’inyamaswa 10 dutandukanyijwe n’intera ya 20m
C
Udutsiko tugizwe n’inyamaswa zitarenze 10 kandidutandukanyijwe
D
Nta gisubizo cy’ukuri cyirimo
Muri 1
14/20
Iki cyapa kimenyesha abagenzi ibi bikurikira :.
A
Uruhererekana rw’amakoni arenze abiri iryambere ibumoso
B
Uruhererekana rw’amakoni arenze abiri iryambere iburyo
C
Uruherekane rw’amakoni aho umuyobozi asabwa kwitonda
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
15/20
Hagati y’imodoka ziherekeranije mu butumwa zigamije urugendo rumwe hagomba kuba nibura intera ya:
A
Metero 25
B
Metero 20
C
Metero 50
D
Metero 100
E
ntagisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
16/20
Iki cyapa kimenyesha abagenzi ibi bikurikira :
A
Ntihanyurwa ni ibinyabiziga byose
B
Nta nzira ihari kuri velomoteri gusa
C
Ntihanyurwa mu byerekezo byombi
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
17/20
Itara ry’icyatsi kibisi risa n’akarangacyerekezo gafite isonga ryerekeye hasi risobanura ko :
A
Bitemewe kugenda kugisate cy’umuhanda rigenga
B
Byemewe kugenda ku gisate cy’umuhanda rigenga ku bayobozi bakigana
C
Ibisubizo byose si byo
Muri 1
18/20
Icyapa kivuga gutambuka mbere kw’ibinyabiziga bituruka , iyo ujya gifite ikirango :
A
cy’umukara
B
Cy’ubururu
C
cy’umutuku
D
a na c ni ibisubizo byiza
Muri 1
19/20
Iki cyapa kimenyesha abagenzi ibi bikurikira :
A
Amabuye ahanuka
B
Amabuye anyerera
C
Amabuye ataragurika
D
Ibi bisubizo byose nibyo
Muri 1
20/20
Ibimenyetso birombereje bigizwe n’imirongo iteganye n’umurongo ugabanya umuhanda mo kabiri bishobora kuba bigizwe :
A
N’Umurongo udacagaguye
B
Umurongo udacagaguye n’umurongo ucagaguye ibangikanye
C
Umurongo ucagaguye
D
Ibi bisubizo byose nibyo
Igiheruka
Igikurikiyeho
Kurangiza imyitozo
Kurangiza imyitozo
×
Uzi neza ko ushaka kurangiza