Umwitozo wa 13
Amategeko abanza
|
20 Ibibazo
Igihe gisigaye
1
2
3
4
5
6
7
8
9
10
11
12
13
14
15
16
17
18
19
20
Muri 1
1/20
Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwa isuzumwa buri mwaka:
A
Ibinyabiziga bigenewe gutwara abagenzi muri rusange
B
Ibinyabiziga bigenewe gutwara ibintu birengeje toni 3.5
C
Ibinyabiziga bigenewe kwigisha gutwara
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
2/20
Ikinyabiziga cyose cyangwa ibinyabiziga bigenda bigomba kugira:
A
Umuyobozi
B
Umuherekeza
C
A na B ni ibisubizo by’ukuri
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
3/20
Ubugari bwa romoruki ikuruwe n’ikinyamitende itatu ntibugomba kurenza ibipimo bikurikira:
A
cm75
B
cm125
C
cm265
D
Nta gisubizo cy’ukuri
Muri 1
4/20
Uburyo bukoreshwa kugirango ikinyabiziga kigende gahoro igihe feri idakora neza babwita:
A
Feri y’urugendo
B
Feri yo guhagarara umwanya munini
C
Feri yo gutabara
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
5/20
Umuyobozi ugenda mu muhanda igihe ubugari bwawo budatuma anyuranaho nta nkomyi ashobora kunyura mu kayira k’abanyamaguru ariko amaze kureba ibi bikurikira:
A
Umuvuduko w’abanyamaguru
B
Ubugari bw’umuhanda
C
Umubare w’abanyamaguru
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
6/20
Ibinyabiziga bikoreshwa nka tagisi, bitegerereza abantu mu nzira nyabagendwa, bishobora gushyirwaho itara ryerekana ko ikinya biziga kitakodeshejwe. Iryo tara rishyirwaho ku buryo bukurikira:
A
Ni itara ry’icyatsi rishyirwa imbere ku kinyabiziga
B
Ni itara ry’icyatsi rishyirwa ibumoso
C
Ni itara ry’umuhondo rishyirwa inyuma
D
A na C ni ibisubizo by’ukuri
Muri 1
7/20
Ubugari bwa romoruki ikuruwe n’igare cyangwa velomoteri ntiburenza ibipimo bikurikira:
A
cm25
B
cm125
C
cm45
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
8/20
Ahatari mu nsisiro umuvuduko ntarengwa mu isaha wa velomoteri ni:
A
Km50
B
Km40
C
Km30
D
Nta gisubizo cy’ukuri
Muri 1
9/20
Nibura ikinyabiziga gitegetswe kugira uduhanagurakirahure tungahe:
A
2
B
3
C
1
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
10/20
Ijambo “akayira” bivuga inzira nyabagendwa ifunganye yagenewe gusa:
A
Abanyamaguru
B
Ibinyabiziga bigendera ku biziga bibiri
C
A na B ni ibisubizo by’ukuri
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
11/20
Icyapa cyerekana umuvuduko ntarengwa ikinyabiziga kitagomba kurenza gishyirwa gusa ku binyabiziga bifite uburemere ntarengwa bukurikira:
A
Burenga toni 1
B
Burenga toni 2
C
Burenga toni 24
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
12/20
Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko umuvuduko ntarengwa w’amapikipiki mu isaha ni:
A
Km25
B
Km70
C
Km40
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
13/20
Ikinyabiziga ntigishobora kugira amatara arenga abiri y’ubwoko bumwe keretse kubyerekeye amatara akurikira:
A
Itara ndangamubyimba
B
Itara ryerekana icyerekezo
C
Itara ndangaburumbarare
D
Ibisubizo byose ni ukuri
Muri 1
14/20
Ku byerekeye kwerekana ibinyabiziga n’ukumurika kwabyo ndetse no kwerekana ihindura ry’ibyerekezo byabyo. Birabujijwe gukora andi matara cyangwa utugarurarumuri uretse ibitegetswe ariko ntibireba amatara akurikira:
A
Amatara ndanga
B
Amatara ari imbere mu modoka
C
Amatara ndangaburambarare
D
Ibisubizo byose nibyo
Muri 1
15/20
Ahantu ho kugendera mu muhanda herekanwa n’ibimenyetso bimurika ibinyabiziga ntibishobora kuhagenda :
A
Biteganye
B
Ku murongo umwe
C
A na B nibyo
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
16/20
Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira :
A
Ahatarengeje metero 1 imbere cyangwa inyuma y’ikinyabiziga gihagaze akanya gato cyangwa kanini :
B
Ahantu hari ibimenyetso bibuza byabugenewe
C
Aho abanyamaguru banyura mu muhanda ngo bakikire inkomyi
D
Ibisubizo byose nibyo
Muri 1
17/20
Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba kuzimwa mu bihe bikurikira:
A
Iyo umuhanda umurikiye umuyobozi abasha kureba muri metero 20
B
Iyo ikinyabiziga kigiye kubisikana n’ibindi
C
Iyo ari mu nsisiro
D
Ibisubizo byose ni ukuri
Muri 1
18/20
Kunyuranaho bikorerwa
A
Mu ruhande rw’iburyo gusa
B
Igihe cyose ni ibumoso
C
Iburyo iyo unyura ku nyamaswa
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
19/20
Uburebure bw’ibinyabiziga bikurikira ntibugomba kurenga metero 11 :
A
Ibifite umutambiko umwe uhuza imipira
B
Ibifite imitambiko ibiri ikurikiranye mu bugari bwayo
C
Makuzungu
D
Nta gisubizo cy’ukuri
Muri 1
20/20
Umurongo uciyemo uduce umenyesha ahegereye umurongo ushobora kuzuzwa n’uturanga gukata tw’ibara ryera utwo turanga cyereke zo tumenyesha :
A
Igisate cy’umuhanda abayobozi bagomba gukurikira
B
Ahegereye umurongo ukomeje
C
Igabanurwa ry’umubare w’ibisate by’umuhanda mu cyerekezo bajyamo
Igiheruka
Igikurikiyeho
Kurangiza imyitozo
Kurangiza imyitozo
×
Uzi neza ko ushaka kurangiza