Umwitozo wa 3
Amategeko abanza
|
20 Ibibazo
Igihe gisigaye
1
2
3
4
5
6
7
8
9
10
11
12
13
14
15
16
17
18
19
20
Muri 1
1/20
Imyanya y’aho ibinyabiziga bibujijwe kunyura cyangwa bitegeka ibinyabiziga kunyura mu cyerekezo iki n’iki, bishobora kugaragazwa ku butaka n’imirongo iberamye iteganye yera ifite ubugali buri hagati ya cm 10 na cm 15 kandi itandukanyijwe no kuva :
A
Kuva kuri cm 10 kugeza kuri cm 15
B
Kuva kuri cm 15 kugeza kuri cm 20
C
Kuva kuri cm 20 kugeza kuri cm 30
D
Kuva kuri cm 25 kugeza kuri cm 35
Muri 1
2/20
lyo ikinyabiziga gihagaze ku nzira nyabagendwa umuyobozi wacyo adahari umukozi ubifitiye ububasha ashobora kugikuzaho ariko ibyacyangirikaho n'amafaranga yo kugikuzaho ntibibarwa kuri leta mu gihe :
A
Cyahashyizwe n'umuyobozi udafite uruhushya rwo kugitwara
B
Cyahashyizwe binyuranije n'amategeko yo guhagarara akanya gato cyangwa kanini
C
a na b ni ibisubizo by'ukuri
D
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Muri 1
3/20
Iyo inkomyi idaturutse k’umuntu ku giti cye, ibimenyetso by’inkomyi bishyirwaho:
A
N’uwateye iyo nkomyi
B
Ubutegetsi bushizwe inzira nyabagendwa
C
a na b ni ibisubizo byukuri
D
Ibisubizo byose nibyo
Muri 1
4/20
Umurambararo w’ibyapa bibuza n’ibitegeka ni :
A
Cm70
B
Cm80
C
Cm90
D
Ntagisubizokirimo
Muri 1
5/20
Intera nini ntaregwa hagati y’urubibi rw’inyuma rw’ibyapa n’urubavu rw’ ikinyabiziga ni :
A
Cm50
B
Cm110
C
Cm120
D
Cm125
Muri 1
6/20
Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwa isuzumwa buri mwaka:
A
Ibinyabiziga bigenewe gutwara abagenzi muri rusange
B
Ibinyabiziga bigenewe gutwara ibintu birengeje toni 3.5
C
Ibinyabiziga bigenewe kwigisha gutwara
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
7/20
Utugarurarumuri turi kuruhande rw’inyuma rw’ikinyabiziga tugomba kugira ibara
A
Ry’umweru
B
Ry’umutuku
C
Ry’umuhondo
D
Ntagisubizo kirimo
Muri 1
8/20
Ahanyura abayobozi b’amagare na velomote zifite imitende bambukiranya umuhanda hagaragazwa
A
N’imirongo ibiri icagaguye igizwe na kare z’umuhondo
B
Imirongo ibiri icagaguye igizwe n’ingirwamwashi z’ibara ry’umuhondo
C
a na b niibisubizoby’ukuri
D
Ntagisubizo cy’ukurikirimo
Muri 1
9/20
Iyo banyuze iruhande rw’inkomyi abanyamaguru bagomba gukikira banyuze mu muhanda, abayobozi bagomba gusiga umwanya ufite bugari:
A
Bwa metero 2 niburahagati yayo n’iyonkomyi
B
Bwa metero 5 nibura hagatiyayo n’iyonkomyi
C
Bwametero 1,5 nibura hagati yayo n’iyonkomyi
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
10/20
Intangiriro n’iherezo ry’ahantu hahagararwa umwanya munini hashobora kugaragazwa na:
A
Umurongo w’umuhondo ucagaguye wambukiranya umuhanda
B
Umurongo w’umuhondo udacagaguye wambukiranya umuhanda
C
Umurongo wera udacagaguye wambukiranya umuhanda
D
Ntagisubizocy’ukurikirimo
Muri 1
11/20
Iyo kugenda kumirongo ibangikanye byemewe kandi ibisate by’umuhanda bikaba bigaragazwa n’imirongo irombereje cyangwa iciyemo uduce abayobozi babujijwe:
A
Kunyura hejuru yiyo mirongo
B
Kongera umuvuduko
C
A&B ni ibisubizoby’ukuri
D
Ntagisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
12/20
Icyapa kivuga umuhanda batambukamo mbere gifite ubuso bw’amabara akurikira:
A
Umuhondo
B
Umutuku
C
Ubururu
D
Umweru
Muri 1
13/20
Icyapa kimenyesha kugendera mu muhanda ubisikanirwamo gifite:
A
Ubuso mu ibara ritukura ikirango cy’ umukara n,umuzenguruko utukura
B
Ishusho ya mpandeshatu,ubuso mu ibara ry’umweru ikirango cy’umukara umuzenguruko utukura
C
Ishusho yampandeshatu mu ibara ritukura ubuso bw’umuhondo n’ikirango cy’umukara
D
Ntagisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
14/20
Inziga z’ibinyabiziga zigomba kugira imigongo iriho:
A
Udushyundu
B
Utunogo
C
a& b niibisubizo by’ukuri
D
Ntagisubizo cyukurikirimo
Muri 1
15/20
Ibyapa bibuza byose birangwa n’ubuso bw’amabara akurikira:
A
Umutuku gusa
B
Umweru gusa
C
Ubururu gusa
D
Ntagisubizocy’ukurikirimo
Muri 1
16/20
Icyapa kimenyesha kugendera mu muhanda ubisikanirwamo gifite:
A
Ubuso mu ibara ritukura ikirango cy’ umukara n,umuzenguruko utukura
B
Ubuso mu ibara ry’umweru ikirango cy’umukara umuzenguruko utukura
C
Ishusho yampandeshatu mu ibara ritukura ubuso bw’umukara n’ikirango cy’umweru
D
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Muri 1
17/20
Cyereka aho imivuduko yo kwegera aho biri iterarenga km 50/h ubundi uturangacyerekezo n’inyuguti zibyanditswe bigomba kugira nibura uburebure:
A
Cm10 kugezakuri cm 30
B
M 1,55 kugezakuri m 2,10
C
Metero 2,50
D
Ntagisubizo kirimo
Muri 1
18/20
Birabujijwe gukinagiza inyamaswa aha hakurikira:
A
Mu nzira nyabagerwa
B
Mu nzira y’amagare
C
Mu nzira y’imodoka
D
Ntagisubizo kirimo
Muri 1
19/20
Ibimenyetso bikoreshwa kugira ngo berekane impera y’inyuma y’imizigo ntibishobora gushyirwa ku buhagarike burenze:
A
M 1 na cm 50 uhereye k’ubutaka
B
M 2 na cm 55 uhereye k’ubutaka
C
M 3 na cm 55 uhereye k’ubutaka
D
Ntagisubizo kirimo
Muri 1
20/20
Icyapa kigizwe n’uruziga rutukura ubuso bw’umweru gishushanyijemo velomoteri mu ibararary’umukara kibuza ko :
A
Velomoteri zihaca zigombakugend abuhoro
B
Ntihanyurwa na za velomoteri
C
Velomoteri zitemerewe kuhanyura burimusi
D
Ntagisubizo cyukur ikirimo
Igiheruka
Igikurikiyeho
Kurangiza imyitozo
Kurangiza imyitozo
×
Uzi neza ko ushaka kurangiza